Ahabanza
|
Turi bande
|
Twandikire
|
Radio Ikirezi
|
Ibirori
Amakuru
Ibiganiro
Ibyamamare
Salax 2011
Naason uvugwaho kutumvikana na DJ Theo
Hari ubwumvikane buke hagati ya Naason na DJ Theo umuyobozi wa Bridge Recordz
Yanditswe kuya
30-07-2012
saa
09:57
na
Gentil Gedeon Ntirenganya
Kigali - Umusore usanzwe utunganya amajwi agakora n’injyana muri Studio ya Bridge recordz Naason ntacana uwaka na DJ Theo kuko ubu Naason muri iyi Studio yahisemo kuba ahagaritse akazi nkuko abivuga mu gihe Theo we avuga ko ari we wahagaritse Naason kubera imyitwarire mibi.
Mu cyumweru gishize iyi studio yamaze iminsi ifunze idakora, kuko uwitwa DJ Theo ushinzwe kugenzura imikorere y’iyi yavugaga yavugaga ko impamvu bahagaze ari uko nta muntu wo gutunganya amajwi wari waboneka kandi abantu bari bamenyereye ko hakoreramo Naason.
Ubwo DJ Theo yabazwaga impamvu Naason atari gukorera abakiriya b’iyi nzu, yavuze ko yabaye ahagaritse Naason kubera impamvu z’imyitwarire kuko ngo akunda kuzana abakobwa muri Studio ndetse akazana n’abandi bantu kandi bitemewe.
Ku mugoroba wo ku cyumweru Naason yumvikanye abwira ikiganiro Salus Relax ko ntamuntu wamwirukanye ahubwo ko yabaye ahagaze kubera ibintu atumvikanaho na DJ Theo.
Naason yagize ati “ sinaguma gukorera mu kavuyo kari muri iyi studio kazanywe na DJ Theo ikindi kandi si jye wa mbere ukoreye muri Bridge igihe gito kuko iyi Studio idafite imikorere itari myiza’’ Naason yatanze urugero rw’uko mu minsi ishize yagiye gukorera Tom indirimbo ariko Theo akamana urufunguzo rwa Studio mu gihe Tom ari umukiriye ukomeye w’iyi Studio ibi rero ngo sibyo byakwitwa imyitwarire mibi ahubwo ni imyitwarire mibi ya Theo aho kuba iya Naason.
Bridge record ikunda kurangwa n’ibibazo hagati y’abayicunga ndetse n’abatunganya indirimbo kuko mu minsi ishize ubwo Junior yari agikoreramo ntiyakunze kumvikana n’uwitwa Kagabo wari ushinzwe gukurikirana ibikorwa bya buri munsi muri iyi nzu.
Ibitekerezo kuri iyi nkuru
Izina:
Rubanda
Ubutumwa:
cyangwa Bridge bayihambyemo umu....lol ni abantu b'abagabo nibumvikane bareke kwiha rubanda! Ariko abastars bapfa iki no kwiha rubanda???
Iki gitekerezo cyatanzwe kuwa
30 / 07 / 2012, 18:08
Leave your comment
Your message:
Name:
E-mail:
1
I am in Love
By
The Ben
2
Uruhinja [Piano pro]
By
Ama-G The Black
3
Akabizu
By
Mico feat. Washington
4
Mbikubwire
By
Danny N feat. Jackson Kalimba
5
Nzaba mpari
By
Knowless
6
Uzandabure
By
Bruce Melody
7
Gira icyo uvuga
By
Urban Boys
8
Uwo ninde
By
Christopher
9
Palapala
By
King James
10
Urambabaza [Lick Lick]
By
Meddy
Contact us & Join us
IBITEKEREZO BY'ABASOMYI
Turamukunda
IYUBUTAHA NINJYE NAYO,
Condoreance melody tukuri inyuma baravuga ngo turasa ndaguku
Safi naho arihangana. Ngo yamenyeko Knowless yamwanduje SIDA
Ntabwo yabeshye ariko. Ni ha handi tugaruka ku ijambo agacir
Amakosa abaho, no gusaba imbabazi ni ubutwari. kumubabarira
ikineje muribyo nuko yize havi yaho navukiye amashuri abanza
mukomere
yaba waruzi ko kucyerekena cyane bituma bakirambirwa ntibana
Umuntu agaragaza aho afite heza kuko aba yagiye mumarushanwa
Rwandan website
1. umuganga.com
http://www.umuganga.com
Ifoto y'icyumweru
Salax Awards kuwa Gatandatu tariki ya 09 Werurwe 2013 muri Kigali Serena Hotel